Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Nkunganire ya 18%, Fuel

MINISITIRI W’INTEBE YASHIMIYE RSSB TIGERS BBC YATWAYE BAL |YAHUMURIJE ABANYARWANDA| LETA IRITEGUYE

IBY’UMUSHAHARA FATIZO, NKUNGANIRE N’IMISHINGA YADINDIYE BYOSE BISHYIZWEHO UMUCYO

Nta byacitse ihari,| Ingaruka z’intambara ya Iran ku bukungu bw’u Rwanda | PM Dr. Justin Nsengiyumva

TWASHYIZE IMBARAGA HAMWE || THE BEN NA BRUCE MELODIE BATEGUJE IBIDASANZWE MURI COUNTRY SUMMER TOUR |

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Imyidagaduro

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko bateganya gushishikariza abashoramari gutangira gushora imari mu guteranya imodoka z’ikoresha amashanyarazi bikorewe imbere mu gihugu.
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora

Inkuru Nshya

Muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda  1994, hari Abatutsi benshi bishwe bajugunywa mu nzuzi n’imigezi itandukanye mu Rwanda, ibatembana iberekeza mu kiyaga cya Victoria gikora ku bihugu by’ibituranyi birimo Uganda.
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahekuye u Rwanda itwara ubuzima bw'abarenga miliyoni imwe barimo n'abari bakunzwe mu ruganda rw'ubuhanzi n'imikino
Mu Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, bakoze igikorwa cyo kwibuka abatutsi bishwe bakajugunywa mu migezi n’inzuzi zitandukanye zo mu Rwnada, zabatembanye ziberekeza mu kiyaga cya Victoria cyo muri iki gihugu.
Minisitiri w’Ubutabera, akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yatangaje ko u Rwanda rutazigera ruhagarika gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakomeje kwidegembya mu bihugu by’amahanga
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare, National Institute of Statistics of Rwanda (NISR), cyatangaje ko ibiciro by’ibicuruzwa n’ibikenerwa mu buzima bwa buri munsi bikomeje kuzamuka mu mezi atatu ya mbere y’umwaka wa 2026.
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mata 2026 yageneye ubutumwa Se wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Taliki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngari, Gikongoro, Gisenyi, Byumba, Kibungo na Cyangugu. 
Umujyi wa Toronto muri Canada watangaje ku mugaragaro ko tariki ya 7 Mata 2026 ari umunsi mpuzamahanga wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda