Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

ABADEPITE BASABYE KO INGENGO Y’IMARI YITA KU KONGERA UBUMENYI N’UBUSHAKASHATSI MU BUHINZI

INGENGO Y’IMARI YARIYONGEREYE|| UKO GUVERINOMA YITEGUYE GUHANGANA N’IZAMUKA RY’IBICIRO KU ISOKO

Iby’ingenzi wamenya ku Kigo cy’Igihugu cya AI u Rwanda rwashyizeho | AI izakoreshwa muri byose

IBYO WAMENYA KU BAYOBOZI BASHYA PEREZIDA KAGAME YASHYIZE MU NSHINGANO || IMPINDUKA MURI GUVERINOMA

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Nkunganire ya 18%, Fuel

MINISITIRI W’INTEBE YASHIMIYE RSSB TIGERS BBC YATWAYE BAL |YAHUMURIJE ABANYARWANDA| LETA IRITEGUYE

Imyidagaduro

Ikipe ya RSSB Tigers yateguye igitaramo cyo kwishimana n’Abanyarwanda bayishyigikiye mu mikino ya Basketball Africa League (BAL) 2026, irushanwa risoza shampiyona y’amakipe akomeye ya Basketball muri Afurika
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko bateganya gushishikariza abashoramari gutangira gushora imari mu guteranya imodoka z’ikoresha amashanyarazi bikorewe imbere mu gihugu.
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora

Inkuru Nshya

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana mu karere ka Nyanza hafungiye umwarimu wigisha ku ishuri ribanza akekwaho kwiba mugenzi we akoresheje ikoranabuhanga.
Kuri uyu wa Gatatu, hateganyijwe imikino ikomeye ya Volleyball izabera muri BK Arena, aho amakipe ahagarariye u Rwanda azaba ahatanira kujya muri kimwe cya kane cy’irushanwa (Quarter Finals).
Ishoramari rya miliyari 2,62 z’amadolari ryanditswe mu Rwanda mu mwaka wa 2025 mu mishinga igera kuri 799 yiyongereye ivuye kuri 612 mu mwaka wabanje wa 2024, yitezweho gutanga imirimo 38,000.
Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje gahunda nshya yo gushinga umutwe wihariye uzajya ucunga umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kivugwa mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Ubuyobozi bw’inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahaye leta inama zigamije kunoza ishyirwa mu bikorwa ry’ amasezerano hagati ya RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’ayo hagati ya RDC n’u Rwanda.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe iterambere RDB, rwatangaje ko mu 2025 ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 685$ aho byiyongeye ugereranyije na miliyoni 647$ bwari bwarwinjirije mu 2024 bigaragaza ubwiyongere bwa 6%.
Kaminuza y’u Rwanda,UGHE, INES Ruhengeri na Aarhus yo muri Denmark, byinjiye mu bufatanye bugamije guteza imbere urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda no hanze yarwo.
Yifashishije konti ye ya X, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Mata 2026 Anne yasangije abamukurikira ubutumwa yageneye umugabo we Martin Nyirijabo kuri uyu munsi w’isabukuru ye y’amavuko.