Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Nkunganire ya 18%, Fuel

MINISITIRI W’INTEBE YASHIMIYE RSSB TIGERS BBC YATWAYE BAL |YAHUMURIJE ABANYARWANDA| LETA IRITEGUYE

IBY’UMUSHAHARA FATIZO, NKUNGANIRE N’IMISHINGA YADINDIYE BYOSE BISHYIZWEHO UMUCYO

Nta byacitse ihari,| Ingaruka z’intambara ya Iran ku bukungu bw’u Rwanda | PM Dr. Justin Nsengiyumva

TWASHYIZE IMBARAGA HAMWE || THE BEN NA BRUCE MELODIE BATEGUJE IBIDASANZWE MURI COUNTRY SUMMER TOUR |

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Imyidagaduro

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko bateganya gushishikariza abashoramari gutangira gushora imari mu guteranya imodoka z’ikoresha amashanyarazi bikorewe imbere mu gihugu.
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora

Inkuru Nshya

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 08 Mata2026 , Diyosezi ya Kabgayi yatangije ku Mugaragaro ishuri rya Muzika rizafasha abana kumenya no guteza imbere impano zabo muri Muzika.
Mu gihe mu Rwanda n’Isi muri rusange hibukwa ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imiryango mpuzamanga, abanyacyubahiro batandukanye , ibihugu by’inshuti ndetse n’abahanzi bakomeje gufata mu mugongo abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka.
Gen Aboubacar Faye wahoze mu ngabo za Loni zari zaje kugarura amahoro mu Rwanda (MINUAR) yavuze uburyo Umuryango w’Abibumbye wirengagije ku bushake ubutumwa bwoherejwe bumenyesha ko mu Rwanda hari gutegurwa Jenoside yakorewe Abatutsi.  
Nubwo imyaka ishize ari 32 agahinda ko ntikashira burundu-Guverineri Soraya Hakuziyaremye
Itegeko nº 59/2018 ryo ku wa 22 Kanama 2018 ryerekeranye n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano na yo, risobanura ibikorwa bigize icyaha n’ibihano byabyo, abantu bakwiye guhora birinda cyane cyane mu gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ku byerekeye gukumira Jenoside, Chaloka Beyani, yashimangiye ko amahanga yatsinzwe kuko ntacyo yashoboye gukora mu guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 nyamara bari bafite amakuru
Umuyobozi w’inama y’ubutegetsi ya Yad Vashem, Dani Dayan, yashimangiye ko Abanyarwanda n’Abanya-Israel bafite inshingano ihuriweho yo kurwanya Jenoside aho yaba iri hose ku Isi, no gufasha abashobora guhura n’ayo mahano.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yavuze ko Amahanga akwiye kureka gukomeza kwigira ntibindeba ku ngengabitekerezo ya jenoside ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ifatanyije n’umutwe wa FDLR ugizwe n’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda.